Ihuriro rikomeye rya Pentekote rishiraho porogaramu nshasha yo kwiga Bibiliya

5 Ruheshi 2020

Largest Pentecostal denomination launching new Bible engagement app

Ihuriro rikomeye rya Pentekote kw’isi n’ijwi rya tekinoroji Faithlife bashize ahabona ishyirwaho rya porogaramu nshasha yo kwiga Bibiliya kugira ngo hategurwe ubushake bwo gukora, atari gusa gusoma, Ijambo ry’Imana.

Izwi nka Porogaramu yo Kwitabira Bibiliya, iyi porogaramu izatangwa muri Kanama, kandi amatorero agera ku 150 mu Matorero y’Imana yarangije kwiyandikisha kuri uwo mushinga.

Ryan Horn, umuyobozi w’iterambere ry’uwo mushinga, yabwiye The Christian Post ko intego y’iyi porogaramu iruta ikibazo cyo gutanga Bibiliya ku bantu.

“Ikibazo s’igihe kirekire ku gushikira Ijambo ry’Imana ahubwo ni ukureba uko abantu bahura naryo. Abantu babona Bibiliya kuruta igihe cyose mu mateka, nyamara ku bw’amakimbirane, bake ni bo bashishikajwe naryo,” Horn yavuze.

“Turabizi, dukurikije ubushakashatsi bwinshi bwakozwe mu myaka irenze, ko kugira ubushake bwo gukora n’Ijambo ry’Imana bifite ubushobozi budasanzwe bwo guhindura ubuzima.”

Horn yavuze ko porogaramu yo Kwitabira Bibiliya itandukanye n’izindi porogaramu za Bibiliya mu buryo itanga “ibikurubikuru bihuye n’imyaka y’abana bato, abiga mu mashuri abanza, urubyiruko, n’abakuru.”

“Ibi ni inyungu ikomeye ku bantu bafite impungenge z’ukwigisha umuryango wose,” yabwiye CP. “Ibikurubikuru byose bifite ishingiro kuri Bibiliya kandi byateguwe kugira ngo Ijambo ry’Imana ribarema kandi riboneke ku rwego rwose rw’imyaka.”

“Ibyo dushaka ni ukongera ibyiyumviro byo Kwitabira Bibiliya, bityo bigahinduka ubuzima bushya. Uburambe bw’abakoresha bacu buteguwe kugera kuri ibyo.”

Na Michael Gryboski

www.christianpost.com

Ibikoresho · originally published on gnit.org.